News

Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Ambasaderi Maj Gen Ramson Godwin Mwaisaka, uri gusoza inshingano ze zo ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, ni bwo inkuru y’incamugongo yasakaye hose ko Mukuralinda Alain wari Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, yitabye Imana azize uburwayi bwo guhagarara ...
Inyungu ya BK Group Plc yageze kuri miliyari 91 Frw mu 2024, izamuka rya 21,7% ugereranyije n’umwaka wa 2023, ibishimangira uruhare rwayo mu kuzamura ubukungu bw’u Rwanda. Ubuyobozi bw’Ikigo BK Group ...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yakiriye indahiro y’Umunyamabanga Mukuru mushya w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Colonel Pacifique Kayigamba Kabanda. Col Kabanda aherutse guhabwa izi ...
U Rwanda na Seychelles byasinyanye amasezerano y'imikoranire mu bijyanye no kuzamura ireme n’imikorere y’urwego rushinzwe serivisi z’igorora, amahugurwa y'abakozi, ubushakashatsi n'ibindi. Aya ...
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame yavuze ko nta mwanya w'intege nke n'imyitwarire idahwitse mu nshingano bityo ko ari ngombwa ko abazigiyemo bakwiye kumva ko umuturage akwiye kubaho yizeye ...
Umunyamabanga Mukuru w'Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, Col Pacifique Kayigamba Kabanda, yavuze ko mu nshingano aherutse kurahirira azakomereza ku musingi washyizweho w’ubufatanye n’izindi ...
Ingabo z’Umuryango w’Ubukungu wa Afurika y’Amajyepfo ziri mu butumwa muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, zemerewe gutahana intwaro zazo n’ibikoresho, kandi AFC/M23 igafasha mu ishyirwa mu ...
Umuyobozi w’Ishami ry’Indwara zitandura mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, Dr Ntaganda Evariste, yavuze ko mu ikusanyamakuru ry’ibanze ryakozwe basanze hari abaturage benshi bafite indwara yo ...
Bamwe mu barimu n'abayobozi b’ibigo by’amashuri byo mu Murenge wa Gacaca mu Karere ka Musanze, batangaje ko babangamiwe n'ubucucike bugaragara mu byumba by'amashuri, bavuga ko bikoma mu nkokora ...
Mu Rwanda hatangijwe umushinga yo guha amahugurwa urubyiruko ibihumbi 20, rwifuza kumenya ibijyanye n’ikoranabuhanga ryahindura ubuzima bwarwo. Ni gahunda yatangijwe ku bufatanye n’inzego zitandukanye ...